Erifex.com
Erifex
Erifex Technology
Page Title
  UMUTEKANO  

Mu Burusiya Sida ikomeje kuba ikibazo ku basirikare bari ku rugamba muri Ukraine

Yanditswe na: Diane NIYOSE  |  Mu: 2025-08-06 11:47:26

Mu Burusiya Sida ikomeje kuba ikibazo ku basirikare bari ku rugamba muri Ukraine

Minisiteri yingabo mu Burusiya yatangaje ko umubare wabasirikare bandura agakoko gatera SIDA watumbagiye urubuga rwa Carnegie Politika nyuma yo gusesengura ku buzima bwa basirikare bari ku rugamba mu Burusiya raporo yaje igaragaza ko mu gihembwe cya 2022 abasirikare banduye SIDA ku bwinshi ugereranyije ni myaka yatambutse

Minisiteri yingabo yatangaje ko abasirikare banduye bitewe no gukorana imibonano mpuzabitsina idakingiye abasaranganyije inshinge zo kwa muganga zidasukuye ndetse nabakomerekeye ku rugamba bikabaviramo kwanduzanya

Mu gisirikare cy’uBurusiya iyo umusirikare bamusanganye agakoko gatera SIDA ntago aba yemerewe kucyinjiramo mu gihe bitandukanye no ku rugamba bavuga ko abasirikare banduye batemererwa kuva ku rugamba

UNAIDS nishami ryumuryango wabibumbye rishinzwe kurwanya SIDA rigaragaza ko kuva mu 2022 u Burusiya buri mu bihugu bitanu bya mbere bifite abantu benshi bandura agakoko gatera SIDA

Muri miliyoni nigice abantu banduye agakoko gatera SIDA ku isi mu 2022 u Burusiya bwari bufitemo 3,9% bugakurikirwa nigihugu cya Afurika yepfo hakaza Mozambique Nigeria ndetse nu Buhinde

Share: Facebook | Twitter | Whatsapp | Linkedin Yasuwe inshuro: 216

kwamamaza

Tanga Igitekerezo:

kwamamaza
Erifex.com