Erifex.com
Erifex
Erifex Technology
Page Title
  POLITIKE  

Ba Ofisiye 81 basoje amasomo yabo y’icyiciro cya kabiri muri Kaminuza y’u Rwanda

Yanditswe na: ubwanditsi  |  Mu: 2025-08-04 16:45:25

 Ba Ofisiye 81 basoje amasomo yabo y’icyiciro cya kabiri muri Kaminuza y’u Rwanda

 Mu karere ka Bugesera intara yiburasirazuba mu ishuri rikuru rya gisirikare rya Gako habereye

umuhango wo gutanga impamyabumenyi yicyiciro cya kabiri cya kaminuza ku ba Ofisiye basoje amasomo yabo muri kaminuza yu Rwanda UR

Minisitiri wingabo mwijambo rye byumwihariko yashimye nyakubahwa Perezida wa Repubulika yu

Rwanda uburyo bwiza bwo kwiga bwashyiriweho ababarizwa mu ngabo zu Rwanda nizindi nzego

zumutekano ati’’Igisirikare gihamye cyubakira ku bigishijwe neza batojwe neza banafite ibikoresho bikwiye 

Yakomeje asaba abasoje amasomo yabo kuba maso nkabantu batojwe kuko binjiye mwisi ihinduka irimo

byinshi imihindagurikire yibihe ikoranabuhanga nibindi ati’’muvuye hano mufitiwe icyizere nigihugu

cyose uburezi mwahawe twiteguye ko bugiye kubafasha guhangana nibibazo biri hanze aha

Igisirikare cyu Rwanda gikomeje kwiyubaka mu kongerera ubushobozi abasirikare gushaka ibikoresho

bigezweho ku butaka cyangwa mu kirere no mu mazi ibi byose bikaba ari mu nyungu yumutekano wu Rwanda nabanyarwanda


Minisitiri wingabo Juvenal Marizamunda ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye uyu muhango


Share: Facebook | Twitter | Whatsapp | Linkedin Yasuwe inshuro: 152

kwamamaza

Tanga Igitekerezo:

kwamamaza
Erifex.com